Umwe Rukumbi

ingumuntera zinterimisonga
Ndagukunda nubwo untera agahinda ndagukunda niyo wanshira mumaso nzahora ngukunda. Urukundo ngukunda ni nkivu Ntabasha narimwe kwihandura urumwerukumbi
Umwe rukumbi mumagara menshyi
Urumwe rukumbi rumwe rukumbi rumwe rukumbi mumagara menshyi
Kukwikuramo sinabigerageza hoya
Kukwibagirwa byo ntibibaho nfite ikimenyetso kumutima wanjye kidateze namba kuza sibangana hoya Niyo mpamvu ngukunda
Numva wamporiruhande ingumuntera zinterimisonga
Ndagukunda nubwuntera agahinda
Ndagukunda niyo wa ncira mumaso nzahora ngukunda urukundo ngukunda ninkingwa ntabasha narimwe kwihandura urumwe rukumbi rumwe rukumbi rumwe rukumbi mumagara menshi
Urumwe rukumbi runwe rukumbi rumwe rukumbi. Mumagara menshi

Aha ndabizi kunkunda kandi nanjye nuko kudateza impvu ntago tugwa mubishuko igihe cyose tuburana mba nabigambiriye mbona isaha ishije ngata nurwo niybariye
Mbabarira kuba nguteze amarira ibyo sinabi hakanira nananirahirira
Walahi awuzubirayi sinzigera nongera kuteza amarira igihe kirageze kwibyamama biahira
Nkareka ibyo kuza njaranjara mumayira nkurunziza agusurira muryanye ndumiwe nokuba nkubabaza tubanye aha kuki arinjyewe uguhogoza nakabaye nguhoza amaso nagatumye areba kuki nyatokoza (a) ibingomba kubisoza a. Ibingba kubisoza



Credits
Writer(s): Joseph Masengesho, Jezelle M Evans
Lyrics powered by www.musixmatch.com

Link